Trending Now
AYO MU RWANDA
Sugira Ernest nyuma yo guhanwa na Apr ,ibyago biracyamuzira .
Rutahizamu wa Apr Fc Sugira Ernest umaze iminsi ari mubihano aho yabaye ahagaritse ,kuri ubu biravugwako inzu y’umuryango wa Sugira Ernest,...
Kubera kwamurwa umushahara Seninga Innocent yeguye muri Etincelles FC
Seninga Innocent watoje Etincelles FC imeze nabi mu mwaka wa w’imikino wa 2015/16 akayifasha kutamanuka mu cyiciro cya kabiri,yasubiye...
AYO HANZE
Ubwo Messi yatwaraga Ballon d’Or Christiano Ronaldo wari wibereye mubu taliyani...
Cristiano Ronaldo utitabiriye ibi bihembo bya Ballon d’Or byabereye mu mujyi wa Paris,yagaragaye mu Butaliyani mu birori byo guhemba abakinnyi...
CHAMPIONA Y'URWANDA
Henry Mwinuka wari umutoza wa Patriots kuri ubu agiye kwerekeza mu ikipe yari mukeba we
Henry Mwinuka yahesheje Patriots ibikombe 3 bya shampiyona mu myaka 4 ...
Impinduka ziri kuvugwa muri APR Fc harimo no kongera gukinisha abanyamahanga.
APR Fc ikipe y'ingabo z'igihugu cy'u Rwanda kandi ikaba ariyo ifite ibikombe byinshi hano...
Gapapu ya mbere muri East Africa: Djabel muri APR Fc nyuma y’umunsi umwe yumvikanye na Gor Mahia
Manishimwe Djabel nyuma yo kumvikana Gor Mahia ndetse ku munsi w'ejo hasize ...
AHOBITE IWACU
INKURU ZAGUCITSE
Rutahizamu wa Liverpool Sadio Mane yahishuye indirimbo ya Meddy iri kumushimisha muri iyi minsi.
Rutahizamu mpuzamahaga wa Liverpool Sadio Mane uvuka mu gihugu cya Senegal yatunguye abantu benshi ubwo yerekanaga amagambo y'indirimbo ya Meddy nk'indirimbo imushimisha...
Umunyamabanga wa Bugesera Fc umva amagambo akomeye yabwiye APR mbere yuko bahura.
Umunyamabanga w'ikipe ya Bugesera Fc Sam Karenzi wamenyekanye cyane hano mu Rwanda nk'umunyamakuru kuri radio salus hari ubutumwa yageneye ikipe ya APR...
Amakuru ajyezwe ho kuri Mutsinzi Ange na Buregeya Prince bose bavunikiye ku mukino wa...
Ba myugariro b'ikipe ya APR Fc Mutsinzi Ange ndetse na Buregeya Prince ntabwo basoje umukino ikipe yabo yanganyije mo na As Kigali...
11 bashobora kuzabanza mu kibuga u Rwanda rukina na Mozambique kuri uyu wa Kane.
Ikipe y'igihugu amavubi iri kubarizwa mu gihugu cya Mozambique aho bagiye gukina umukino ubanza wo gushaka itike y'igikombe cya afurika 2021 kizabera...
Amafoto: Myugariro wa Arsenal na Brazil David Louiz yageze mu Rwanda.
Myugariro w'ikipe ya Arsenal ndetse n'ikipe y'igihugu cya Brazil David Louiz yageze mu i Kagali mu Rwanda.
Nkuko ku...
IYASOMWE CYANE
Tchabalala yafashije Bugesera Fc gutsinda APR Fc.
Bugesera Fc na APR Fc zakinaga umukino wa gicuti wo kwitegura umunsi wa 4 wa shampiyona y'u Rwanda.
Abakinnyi...
Henry Mwinuka wari umutoza wa Patriots kuri ubu agiye kwerekeza mu...
Henry Mwinuka yahesheje Patriots ibikombe 3 bya shampiyona mu myaka 4
yari amaze ayitoza ahagarika ubwami bwa Espoir BBC yari...
LATEST ARTICLES
Ubwo Messi yatwaraga Ballon d’Or Christiano Ronaldo wari wibereye mubu taliyani nawe yegukanye ibindi...
Cristiano Ronaldo utitabiriye ibi bihembo bya Ballon d’Or byabereye mu mujyi wa Paris,yagaragaye mu Butaliyani mu birori byo guhemba abakinnyi bitwaye neza mu mwaka w’imikino ushize.
Ronaldo na bagenzi be bo...
Kagere Meddie bishobora kutamworohera aramutse ahuriye n’umutoza Micho muri Simba SC
Umutoza Micho biravugwa ko ashobora kwerekeza mu ikipe ya Simba SC yasezereye umubiligi Patrick Aussems mu cyumweru gishize.
Amakuru ava mu Misiri avuga ko umuyobozi w’ikipe ya Zamalek, Mortada Mansour, yafashe icyemezo cyo...
Messi yongeye guhigika mukeba we Ronaldo amutwara Umupira wa Zahabu(Ballon d’Or )
Lionel Messi wagize umwaka mwiza ku giti cye ariko ikipe ye ya FC
Barcelona na Argentina ntizihirwe, yatorewe kwegukana Ballon d’Or 2019
ahigitse Virgil Van Dijk wamukurikiye na Cristiano Ronaldo wabaye uwa 3
banganyaga 5.
Kiyovu Sport yaburiye amanota 3 imbere ya Rayon Sport ariko icyura akayabo-Dore akayabo yacyuye
K'umunsi w'ejo nibwo wari umukino w’umunsi wa 11 wa shampiyona ikipe ya Kiyovu Sports yakinaga na Rayon Sport ,aho Kiyovu Sport yakiriye uyu mukino watangiye saa kumi n’ebyiri,abafana batandukanye ku mpande zombi ndetse n’abakunzi b’umupira...
Umutoza Mourinho ati Arsenal ndayirwaye kandi nimbatsinda instinzi nzayitura abafana ba Tottenham
Jose Mourinho umaze iminsi mike agizwe umutoza wa Tottenham yavuze amwe mumagambo yatangaje abantu aho yavuze ko afite inyota yo gutsinda Arsenal isanzwe ari umukeba ukomeye wa Tottenham ngo iyi nsinzi azahita ayitura abafana be...
Musanze Fc mu marira nyuma yo kwirenzwa na Apr Fc
Ku munsi wa 11 wa shampiyona Apr Fc yanyagiye Musanze FC idafite umutoza mukuru ibitego 5-0.
APR FC ikomeje kwereka abakeba ko idafite gahunda yo kurekura igikombe nkuko byagenze mu mwaka w’imikino...
Abakinnyi ba Arsenal bakoze agashya nyuma yo kumenya ko umutoza Unai Emery zamaze kwirukanwa
Nyuma yaho umutoza Unai Emery yazindutse aza mu kazi nk’ibisanzwe ariko ageze ku kibuga cy’imyitozo ahahurira n’abayobozi ba Arsenal barimo Raul Sanllehi, Vinai Venkatesham na Edu bamubwira ko yubikiwe imbehe.
Bamwe mu...
Sugira Ernest nyuma yo guhanwa na Apr ,ibyago biracyamuzira .
Rutahizamu wa Apr Fc Sugira Ernest umaze iminsi ari mubihano aho yabaye ahagaritse ,kuri ubu biravugwako inzu y’umuryango wa Sugira Ernest, yubatse mu mudugudu wa Kabeza, Akagari ka Ruli, Umurenge wa Shyogwe, Akarere ka Muhanga,...
Unai Emery wa Arsenal yirukanywe ashinjwa kuzisubiza inyuma
Mu kiganiro,Josh Kroenke, umuhungu wa nyiri ikipe ya Arsenal, Stan Kroenke,yagejeje ku banyamakuru ba Arsenal kuri uyu wa Gatanu taliki ya 29 Ugushyingo 2019, yagize ati : “Turatangaza ko twamaze gufata umwanzuro wo...
APR FC yanyagiye Sunrise FC bidasubirwaho
Sunrise FC yari yigambye ko itazorohera APR FC muri uyu mukino w’umunsi wa 10 wa shampiyona,yanyagiriwe ku kibuga cyayo cyabatijwe Gologota ibitego 4-2 mu mukino yahawemo ikarita itukura ya Niyonkuru Vivien ku munota...