BWENGE : Ibihe birasimburana “Burya si buno” Insigamugani
Uyu mugani abanyarwanda badatuza guca cyane cyane iyo bacyurirana, umuntu awuca iyo abonye urwaho rwo kwigaranzura uwari waramuzambije akamubuza amahwemo, cyangwa se iyo ashaka kumvisha ko umuntu ari “ibihe bisimburana” ni bwo bavuga ngo “Burya si Buno”....
BWENGE: Ubuzima niyo konti yo kuzigama ifite agaciro ko hejuru
Isi ituwe n’abantu banyuranye ndetse bagiye bafite impano zinyuranye. Muri bo harimo abagiye bavuga amagambo yuje ubwenge n’ubuhanga ku buryo ageraho agafatwa nk’ihame mu buzima bwa buri munsi bw’abayumvise cyangwa se abayazi. Mu Kinyarwanda nibyo dukunze kwita...
Burya umwana yavumbura ko umubyeyi umurera ahuzagurika
Kugira ngo umwana abeho,avuke ndetse akure neza hari ibintu byinshi aba akeneye.
Bimwe muri byo ni ibi
1.Kumva akenewe kandi akunzwe. Umwana iyo yumva ko afite agaciro mu muryango we,yishimiwe kandi...
“Humura ufite ubudahangarwa” Bp.Patrick Mutware
IJAMBO ry' umunsiInkuru ngufi
Nkuko www.ahobite.com ikunda kubagezaho buri munsi ijambo ry' Umukozi w' Imana, uyu munsi turabagezaho ijambo rifite umutwe w' amagambo ugir' uti "
Princess Priscillah mu ndirimbo nshya IHUMURE _ Kwibuka 26
https://youtu.be/08uUJJWP-u8
Princess Priscillah mu ndirimbo
Priscillah ,
Umuririmbyi mwiza kandi wamamaye mu Rwanda mbere yuko akomereza umuziki we muri Leta z' Unze ubumwe z' Amerika . Iki cyamamare...
Aimé Uwimana mu gisigo yise YARAZUTSE cya Pasika
https://youtu.be/yfjqKISoPsE
Igisigo cya Pasika Aimé Uwimana
Yarazutse Igisigo cyiza gisingiza ubutwari bwa Yesu wazutse mu bapfuye ubu ni muzima
Aimé & Guitar ye...
IGITABO CY’ UMUNSI : Mamba mentality cya Kobe Bryant
Mamba mentality cya Kobe Bryant
Iyi nkuru y'urupfu rw'icyamamare Kobe Bryant wapfanye n'umukobwa we Gianna Bryant n'abandi bantu 7 bari kumwe mu ndege...
Uko wasukura amenyo yawe agahinduka urwererane
Muri iki gihe usanga amenyo yarangiritse bitewe n' amasukari cyangwa ama chocolat akoreshwa n' abantu, ibi bigatera ingaruka yo kugira amenyo asa nabi yarahinduye ibara, Ahobite 250 yaje kubarebera icyo umuntu yakora ngo agarure ibara ry'amenyo ye.
Reba uko umuneke wakugabanyiriza ibiro
Muri iki gihe abantu benshi bugarijwe n’umubyibuho ukabije aho umuntu usanga afite ibiro by’umurengera nyamara kandi umubyibuho ukabije ni isoko y’uburwayi butandukanye nk’uburwayi bw’umwijima, umutima, umuvuduko w’amaraso, imitsi n’ibindi.
Abantu...
Dore ibizakubaho nurya beterave buri munsi
Beterave (iri ni izina ry’igifaransa, mu cyongereza izwi nka beetroots cg beets) ni zimwe mu mboga zikungahaye ku ntungamubiri, ikaba isoko nziza y’isukari nziza waha umubiri, ahenshi ikoreshwa mu mwanya w’ibisheke (no mu nganda yifashishwa mu gutunganya isukari), vitamini zitandukanye...