Breaking News : Perezida wa Tchad yitabye Imana arashwe
Kuri Televiziyo ya Leta umuvugizi w’ingabo General Azem Bermandoa Agouna yatangaje ko mu minsi ishize Maréchal Idriss Déby Itno yarasiwe ku rugamba n’inyeshyamba mu gace ka Kanem mu majyaruguru.Imirwano ikarishye yashyamiranyije inyeshyamba n’ingabo za Leta mu mpera...
Ibiganiro bya Ndi Umunyarwanda igisubizo ku ngengabitekerezo ya Jenoside mu majyepfo
Ubushinjacyaha bw’u Rwanda buherutse gushyira hanze icyegeranyo kigaragaza ishusho y’ingengabitekerezo ya Jenoside n’ibyaha bifitanye isano nayo mu myaka itatu ishize, bushyira Intara y’Amajyepfo ku mwanya wa mbere mu kugira abantu benshi bakurikiranyweho ibi byaha.
Impamvu nyamukuru yatumye Munyenyezi azanwa mu Rwanda
Kuri uyu mugoroba washize wa Gatanu tariki 16 Mata 2021 nibwo Munyenyezi yagejejwe mu Rwanda avanwe muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, nyuma yo kumarayo imyaka 10 ari muri gereza aho yari akurikiranweho icyaha cyo kubeshya inzego...
President Museveni yakoze agashya katunguye benshi
Museveni ugira udushya twinshi yanditse kuri Twitter ati “Ubwo nari kuri kaminuza ya Muni iherereye Arua ku munsi w’ejo,Abuzukuru bansabye ko nabereka imbaraga.”Yahise ashyira hanze amashusho ari gutera pompaje nyinshi abandi bamukomera amashyi.
Muri...
John Magufuli yongeye gutorerwa kuba Peresident wa Tanzania
Komisiyo ishinzwe amatora muri Tanzania yemeje ko Perezida John Magufuli yatorewe manda ya kabiri yo kuyobora iki gihugu n’amajwi arenga 84%.
Uwamukurikiye mubo bahatanaga ni Tundu Lissu wagize amajwi 13%, nkuko byatangajwe n’akanama k’amatora.
Abantu 4 baraye barashwe i Bukavu mu bushyamirane bwavutse nyuma yo gukatira Vital Kamerhe...
Ubu bushyamirane bwabereye i Bukavu hagati ya Police ya DRC nabo mu ishyaka rya UNC abantu 4 bararaswa ndetse banahasiga ubuzima, ibi byatangiye nyuma yaho urukiko rukuru rubifitiye ububasha bwakatiye Vital Kamerhe imyaka 20 y' igifungo no...
Hamenyekanye itariki President Nkurunziza azashyingurirwaho
Kuri uyu wa Gatanu tariki 19 Kamena 2020, mu nama yahuje abagize Guverinoma y’iki gihugu bemeje itariki yo gushyinguriraho Pierre Nkurunziza, akaba azashyingurwa mu murwa mukuru wa politikii wa Gitega kuwa gatanu taliki ya 26 Kamena 2020,...
Général Major Evariste Ndayishimiye amaze kurahira
Arahiriye kuyobora u Burundi nkuko biteganyijwe mu itegeko nshinga ry' u Burundi ingingo 107 , Perezida Ndayishimiye yarahiye kuyobora u...
BUKAVU: Urubyiruko rwo mu UNC, ishyaka rya Vital Kamerhe ruri mu myigaragambyo
Urubyiruko rwo mu ishyaka rya Vital Kamerhe rwazindukiye mu myigaragambyo
Iyi myigaragambyo ije ikurikira amarenga rwari rumaze iminsi rucira ubuyobozi bw' Intara ya Kivu y' amajyepfo
Persident Kagame yasabye ko Ibendera ry’u Rwanda ndetse nirya EAC yururutswa kugeza hagati
Tariki 8 Kamena nibwo Nkurunziza yitabye Imana, agwa muri Hôpital du Cinquantenaire "Natwe Turashoboye" de Karusi, azize uguhagarara k’umutima nk’uko Guverinoma y’icyo gihugu yabitangaje.
Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara na...