Mu Rwanda hategerejwe indirimbo nshya ku gicaniro cy’ abaramyi muri Gospel . Iyi n’ indirimbo IGISEKE y’ ni iy’ umusore uvumbukanye imbaraga Emile Micomyiza utuye mu gihugu cya Norvège .


Emile yatangarije aho bite ko imirimo irangiza neza iyi project ngo ijye hanze yasojwe kandi ko na video lyrcs izaba isesekaye kuri billboad y’u Rwanda mu minsi mike . Yagize ati
cover ije iteguza indirimbo nshya yanjye Igiseke .
Yavuze ko
Iyi ndirimbo nigera hanze mu Rwanda cyangwa mu muri Norvège bazayikunda .
Mu ijwi risizwe amavuta yaririmbanye iyi ndirimbo ntawabura kuvuga ko Emile Micomyiza aziye igihe.


_________________________________________
Written by : Nelson Mucyo