Ashingiye ku bubasha ahabwa n’itegeko nshinga rya Repubukika y’ u Rwanda Perezida wa Repubukika yagize Prof. Nshuti Manasseh Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, ushinzwe ibikorwa by’Umuryango wa Africa y’Iburasirazuba umwanya asimbuyeho Amb.Olivier Nduhungirehe wavanywe kuri uyu mwanya kubera ibitekerezo bihabanye n’ umurongo wa Politike y’ u Rwanda.


Written by Nelson Nshuti